Tumgik
#igez
kigalisight · 2 years
Text
M23 yahaye FARDC agahenge k’icyumweru
M23 yahaye FARDC agahenge k’icyumweru
Icyumweru kirihiritse hatumvikanye imbunda zikomeye hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta FARDC,bivuze ko nta mirwano iheruka guhuza impande zombi. Ibi bivuze ko inyeshyamba za M23 zagumanye ibice zari zarafashe mbere ubwo zari mu mirwano ndetse na FARDC ikaba ikiri hahandi mubirometreo 30 gusa uvuye mu mujyi wa Goma bivuze ko ari mu gace ka Rutshuru. M23 yabaye ihagarariye aho yari igeze…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
messtix · 4 years
Photo
Tumblr media
Nos vemos el próximo jueves en el MeetUp "Mujeres en Tecnología", de la mano de nuestros amigos de @saintlatam en alianza con @igezulia, @bgcreativos y @zuliatec 😎 . Un evento COMPLETAMENTE GRATIS, dirigido exclusivamente a mujeres interesadas en emprendimiento, negocios y tecnología 💪 . . En esta oportunidad estaré acompañada de un talentoso grupo de mujeres para hablarles sobre: . Andreína Socorro (@andreinasocorro): Mujer, emprendimiento y tecnología. Oriana Camargo: Mujer y Gerencia. . María Sánchez: Comercio electrónico femenino. . Arlenys Dávila (@arelenysdavila): ¿Cómo se Full Stack y madre al mismo tiempo? . Salomé Mata (@salomecocina): La cara femenina del marketing digital. . Bellatrix D'Ambrosio: Tu negocio con Saint. . ¡Contamos con tu presencia! 👍 . 🗓 Fecha: jueves 12 de marzo. . 📍 Lugar: Torre 13, av. 13 entre calle 78 y 79 🔥 . ¡No te lo vayas a perder! Compartiremos experiencias, café, sorpresas, sorteos... ¡Y CERTIFICADO DE ASISTENCIA! (Cupos limitados) 😉 . ¡Te esperamos! . . . . #zuliatec #igez #espacioscreativos #diainternacionaldelamujer #diadelamujer #marzo #meetup #emprendimiento #emprendedores #negocios #ecommerce #saint #tecnologia #comercioelectronico #marketingdigital #marketing #mujeres #emprendedoras #mujeresemprendedoras https://www.instagram.com/p/B9WmNcVFfvh/?igshid=1fu8zjc5fjeu3
0 notes
pinkydude · 3 years
Note
Dude, I was playing CP yesterday evening and when I saw Mitch I kinda automatically started looking for Valentin... WE NEED A MOD OF AN NPC VALENTIN that would just chill somewhere close to Mitch, or follow him or something I dunno but Mitch without Valentin looks lonely af and my heart can't stand it :(
huUHIGEHUZHUHU IGEZ
DUDE I-
Tumblr media
1 note · View note
Text
WHAT WE CAN DO.
Tumblr media
WHAT WE CAN DO.
You and I, all together, we can make the world better. Young generation, we are tomorrow of our nations, let's align and make it better.
Hunger is killing our fellows all around. There are wars all over the world. If we can all change, the peace we want can prevail.
The Almighty God we believe in, and even the prophets we are subject to, their teachings are related, to the good deeds; what are we lacking!? For us to join our hands and change, our world which is becoming worse.
Imagine how it would be, if we all love each other, sharing everything, and helping each other. I am talking about eternal love, because if we had it, the world would be healed.
...............
ICYO TWAKORA.
Njyewe na mwe, twese dufatanyije, Iyi si twayigira nziza. Abato ni twebwe mbaraga zejo, dufatanye rero hazabe heza.
Hirya hino inzara irabamara. Hirya hino bari mu ntambara. Bikunze ko twese duhinduka, amahoro dushaka yaboneka.
Ko Imana isumba byose twemera, ndetse n' abahanuzi twayobotse, Inyigisho zabo zihurira, kubikorwa byiza tubura iki? Ngo dufatanye twese duhindure. Iyi si yacu igeze ahabi.
Ngaho ibaze nawe uko byamera. Turamutse twese dukundana. Buri kimwe cyose dusangira. Ndetse muri byose dufashanya. Ndavuga urukundo rudashira, kuko turubonye isi yakira.
Ganza K. Bertin.
Tumblr media
1 note · View note
0783172625 · 2 years
Video
Etiyopiya (AFP / Aude GENET) Muri iki cyumweru igisirikare cya Etiyopiya cyongeye kwigarurira agace kavuzwe mbere n’inyeshyamba za Tigrayan, bikaba bishoboka ko icyemezo cya Minisitiri w’intebe Abiy Ahmed cyo gufatanya n’abasirikare mu turere twibasiwe n’amakimbirane. Nyamara uburyo guverinoma yatsindiye intsinzi nicyo ishaka kuvuga ko amaherezo azava mu ntambara imaze umwaka ikomeje kuba impaka zikomeye kuko imirwano igeze mu cyiciro gishya, kitazwi. Ukwezi kumwe gushize, umutwe w'inyeshyamba wa Tigray People Liberation Front (TPLF) wasaga nkuwagabye igitero, ukavuga ko wafashe Dessie na Kombolcha, imijyi kumuhanda munini werekeza umurwa mukuru Addis Abeba. Bivugwa ko bageze kuri Shewa Robit, nko mu bilometero 220 mu majyaruguru y'uburasirazuba bwa Addis Abeba n'umuhanda. Ariko nyuma yuko Abiy atangaje mu cyumweru gishize ko azayobora ibikorwa muri urwo rwego, guverinoma yatangaje ko yatsinze kandi inyeshyamba zemera ko zahinduye ingamba. Ibitangazamakuru bya leta byashubije intsinzi kurukuta kurukuta. Kuri uyu wa kane, Abiy yagize ati: "Umwanzi ararimbuwe, arasenyuka." Nta gushidikanya ko guverinoma ishobora kuvuga ko ifite "imbaraga" mu turere tumwe na tumwe, nk'uko byatangajwe na Awet Weldemichael, impuguke mu bijyanye n'umutekano mu ihembe rya Afurika muri kaminuza ya Mwamikazi muri Kanada. Ati: "Gusa ni igihe kizerekana niba ibyo bishobora guhindurwa mu ntambara yo mu ntambara". - Guhinduka gutunguranye - Intambara yo mu majyaruguru ya Etiyopiya yatangiye mu Gushyingo 2020 ubwo Abiy yoherezaga ingabo zo guhirika TPLF - igikorwa yavuze ko cyaje gisubiza ibitero bya TPLF ku nkambi z’ingabo z’igihugu. Nubwo Abiy, wegukanye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu mwaka wa 2019, yasezeranije intsinzi vuba, mu mpera za Kamena TPLF yari imaze kwigarurira igice kinini cya Tigray, kandi bidatinze itangiza ibitero mu turere duturanye na Afar na Amhara. Urugendo rw’inyeshyamba rugana i Addis rwateje ubwoba mpuzamahanga, aho ambasade nyinshi zasabye abaturage babo kuva mu gihugu vuba bishoboka. Igihe cyose, nubwo, imiterere nyayo ya avance ya TPLF yari impaka. Hagati mu Gushyingo, umwe mu bashinzwe umutekano mu Burengerazuba yabwiye AFP ati: "Sinzi niba https://www.instagram.com/p/CXGFxyAFflX/?utm_medium=tumblr
0 notes
nyundoyouth · 2 years
Photo
Tumblr media
Ku ya 28/11/1981, nyuma y'isomo ry'Ubumenyi bw'isi (Géographie), Alphonsine yumvise afite ubwoba atashoboraga gusobanura, abimenyesha bamwe muri bagenzi be. Umwe muri bo agerageze kumwumvisha ko yenda ubwo bwoba bwaba butewe n' isuzuma (interrogation) ry'iryo somo bari bamaze gukora. Isaha y'amafunguro igeze, Alphonsine ajya kumeza yicaranagaho na Marie Claire Mukangango, ari na we wayoboraga abicaraga kuri ayo meza. Uwo munsi rero Alphonsine ni we wari utahiwe mu guhereza bagenzi be (kubarurira, abashyirira ku masahani). Igihe yenda kurangiza guhereza bagenzi be yumva ubwoba bukomeza kwiyongera ariko buvanzemo n'ibyishimo. Akimara guhereza bagenzi be nka saa 12h 35 yumvise atakigenga ingingo ze z'umubiri, ndetse ahita yibona ahandi hantu wenyine, atakiri kumwe na bagenzi be. https://www.instagram.com/p/CW0aA22rbM2/?utm_medium=tumblr
0 notes
npcrwa · 3 years
Text
UBUYOBOZI NIKI, UMUYOBOZI NINDE?
UBUYOBOZI NIKI, UMUYOBOZI NINDE?
UBUYOBOZI NIKI, UMUYOBOZI NINDE? Kuba Umuyobozi Si ukwambara costume na kavarati,Si ukumenya kuvuga icyanga ki kakurenga wifatiye abo ukubiranye.Si ukurusha abandi ubugome cg ngo utinnywe nka mugiga.Si ukuba impyisi igeze mu rwuri rw’intama iti zose nzirye nzimare nyirazo ataraza.Si kujyenda urebaguzwa munkono z’abandi urya ibyawe n’ibyaboSi gukurikiza umugani bita ‘amazi make aharirwa…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
touchrwanda · 3 years
Text
Kenya: Abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti
Kenya: Abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti
Kuri uyu wa 4 Mutarama 2021, abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti, nyuma y’igitekerezo cy’Umunyamabanga muri Guverinoma ya Kenya ushinzwe uburezi, Prof. George Magoha. Tariki ya 31 Ukuboza 2020, ubwo Prof. Magoha yasuraga ibigo by’amashuri kugira ngo arebe aho imyiteguro yo gusubukura amasomo igeze, yasabye abarimu kurangwa n’udushya nko kwigishiriza abanyeshuri hanze munsi…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
vermeld · 3 years
Text
Kenya: Abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti
Kenya: Abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti
Kuri uyu wa 4 Mutarama 2021, abarimu batangiye kwigishiriza abanyeshuri munsi y’ibiti, nyuma y’igitekerezo cy’Umunyamabanga muri Guverinoma ya Kenya ushinzwe uburezi, Prof. George Magoha. Tariki ya 31 Ukuboza 2020, ubwo Prof. Magoha yasuraga ibigo by’amashuri kugira ngo arebe aho imyiteguro yo gusubukura amasomo igeze, yasabye abarimu kurangwa n’udushya nko kwigishiriza abanyeshuri hanze munsi…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
redbluejd · 4 years
Video
youtube
Hadutse intambara ikomeye muri Asia| Imirwano igeze kure| Ikiyihishe iny...
0 notes
shalangaboo · 4 years
Text
Umwaka wa 2019 usigiye iki aba pawa?
Kera abantu bumvaga vision 2020 bakumva ari kera, abandi bakumva ko isi izaba yarahindutse, cyangwa hakagira abumva ko hari byinshi bazaba barahindutseho mu buzima. Aba pawa ubabajije uko bagiye kwinjira muri 2020 bameze ntibabura icyo bakubwira, kuko bafite byinshi.
Tumblr media
Aba pawa uyu mwaka wa 2019 mo hagati bari baraciye ibintu basakuza bafite umugambi ngo wo guhirika leta y’u Rwanda, za FLN zimeze nabi, Sankara yirirwa yigamba ko yateye u Rwanda, kandi ko bazaruvamo aruko bageze Kigali bagakuraho Kagame, RNC nayo iri gushyira abana mu gisirikare byacitse mbese ngo bazaturuka Congo baza gufasha FLN igihe izaba igeze kure yigarurira ibice by’u Rwanda.
Icyo gihe Congo yari yarabaye nk’uruganda rucura inyeshyamba zirwanya u Rwanda, kuko na FDLR yari yaramaze kwiyunga n’abambari ba Kayumba ngo banoze umugambi wo gukuraho Kagame. Umugambi waranogejwe, abambari benshi barahaguruka barahagarara, kugeza naho umusaza Twagiramungu yiyongoza ngo ikizaba cyose ku ngabo zabo ziri Congo bazimanukira baze guhangana. 
Ibintu byari bigeze kure kuko Kayumba yari amaze kumvikana na Uganda ubufatanye bwa gisirikare ndetse no kuba inzira bazanyuramo batera u Rwanda, kuko Museveni yababwiraga ko azi neza system y’u Rwanda ndetse akamenya na perezida Kagame neza. Ubwo imyiteguro yararimbanyije biracika za Congo Kayumba na bagenzi be bubaka inyeshyamba karahava.
Uko 2019 yagiye igana ku mpera, isosi ya Kayumba yagiye igwamo inshishi, kuko umugambi we wabaye nka ya nkoni y’umwana ishira dondidondi. Bijya gushyuha habanje gufatwa Vuvuzela Sankara Callixte wirwaga ashyushya imitwe abantu ngo bafashe uburengerazuba bw’u Rwanda n’amajyepfo, ubwo imigambi y’abapawa itangira kugenda ikonja nk’isosi y’intama.
Bidatinze Congo yaje kubona umuyobozi mushya  Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, waje atumva neza iby’imitwe yigaruriye igice cya Congo, igahungabanya umutekano. Tshisekedi amaze kujyaho yahise ashyiraho umugambi wo kurandura imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo, aba ahereye kuri FDLR, FLN,  RUD Urunana,  CNRD, MRCD, n’izindi nyinshi zose zarashwe urufaya n’ingabo za FARDC, ubwo urugendo rw’aba pawa ikiraro kiba kiracitse, bamwe bagwamo, abandi basigara hakurya abandi bataha mu Rwanda.
Tugiye kwinjira 2020 aba pawa bararuciye bararumize, kuko barasenyutse, nako barashwanyaguritse. RNC ya Kayumba yarasenyutse, ubu bakaba bari kumuhiga ngo aryozwe ibyo yabashoyemo. Uretse abaguye za Congo, nka ba Mudacumura, ubu abandi nka ba Bazeyi, Mudasiru, na bagenzi be nka ba Sankara bari mu Rwanda bakurikiranwe n’ubutabera, mugihe abambari babo ibihumbi batahutse bakaba bari kugororwa mu Rwanda ngo basubizwe mu miryango yabo. Ndahamya ko umwaka wa 2019 utazibagirana mu mitwe y’aba pawa, bagiye kwinjira 2020 nta cyizere cy’ubuzima bw’ejo hazaza gihari. 
Inama nagira aba pawa rero ni ugukura isomo mu byababayeho 2019, bakazasoza 2020 baratahutse mu Rwanda, bakava mu mashyamba bakaza gufatanya n’abanyarwanda kubaka igihugu. Nibaze bajye muri gahunda za Girinka, VUP, Connect Rwanda (bazahabwa Smartphones), n’izindi gahunda zigamije iterambere ry’abaturage. Bave ibuzimu bajye ibumuntu. 
0 notes
kigalisight · 2 years
Text
Musanze: Umusaza w’imyaka 53 wiganaga n’umuhunguwe w’imyaka 24 bombi basoje Kaminuza
Musanze: Umusaza w’imyaka 53 wiganaga n’umuhunguwe w’imyaka 24 bombi basoje Kaminuza
Nsabimana Faustin usanzwe akora muri REG nk’akazi ke ka buri munsi, atuye mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze avugako uyu muhungu we atari imfura ko hari n’abandi akurikira ndetse n’abamukurikira. Avugako yafashe umwanzuro wo kujya kongera ubumenyi agamije kunoza akazi ke akora muri REG.  Akomeza avugako gufata umwanzuro wo kwigana n’umuhungu we byatewe naho Isi igeze,kandi ko…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
umukunzimwiza · 5 years
Text
Isi itegerezanije amashyushyu indirimbo "Brown Skin Girl" izaba irimo amoko yose y'abantu
Isi itegerezanije amashyushyu indirimbo “Brown Skin Girl” izaba irimo amoko yose y’abantu
Amashusho y’indirimbo “Brown Skin Girl” yatangiye gufatwa ku wa 31 ukwakira 2019 izaba irimo abantu baturuka mu moko, ibihugu, ibitsina,amabara n’imyaka bitandukanye byo mu isi igeze kure aho izaba igaragaramo umuhanzikazi Beyonce na Wizkid.
Tumblr media
Iyi ntabwo izaba igaragaramo gusa abahanzi Beyonce na Wizkid gusa kuko izaba irimo kandi na Saint Jhn ndetse n’umwana wa Jay Z na Beyonce  Blue Ivy…
View On WordPress
0 notes
tesztmotor · 5 years
Photo
Tumblr media
Szereztünk egy új #ktm @tesztmotor t. Szeretnétek most kipróbálni? na jó ez nem teljesen igez, csak vágyunk mi is egy ilyenre... tudtok ilyet amit tesztelhetnénk? #motorozztélen #hómotor #motokrossz (helyszín: Hungary) https://www.instagram.com/p/BsQDdB5gnDB/?utm_source=ig_tumblr_share&igshid=mvimz9viqzm7
0 notes
magaratimes · 6 years
Text
Messager Ngozi FC ntigura abakinyi bava muyindi migwi ariko bararamurira iyindi migwi.
Messager Ngozi FC ntigura abakinyi bava muyindi migwi ariko bararamurira iyindi migwi.
  Mugihe imigwi iba igeze murwego rwo guserukira igihugu munkino mpuzamakungu z’imigwi yatwaye amahiganwa yiwabo ico twita CAF Champions League ko ica yongereza abandi bakinyi bashasha ndetse bigashika ko bagura n’abakinyi batamenyere mumahiganwa uyo mugwi usanzwe uturukanwo kugira ngo umugwi witegurire izonkino neza gusumba muriryo higanwa rya CAF Champions Leagye, ariko kubwa Messager Ngozi…
View On WordPress
0 notes
0783172625 · 3 years
Video
IkirereCoronavirus Amakuru YimyidagaduroSportsesportsMoneyLifestyleShoppingUbuzima & FitnessFood & DrinkTravelAutosVideoKids gushakisha urubuga  Amakuru ya Microsoft Komeza kumenyeshwa amakuru yizewe, yihariye Fungura porogaramu  Igenzura ryanjye ririhe? Kurikirana $ 1,400 yawe hamwe na IRS Kubona igikoresho cyanjye cyo Kwishura kumurongo Clifford Colby Amasaha 8 ashize © © Yatanzwe na CNETHariho impamvu zirenze imwe zo gukoresha igikoresho cya IRS kumurongo kugirango ubone ibisobanuro birambuye kuri cheque yawe. Sarah Tew / CNET Nta kugenzura ibitera? Ntidushobora kugushinja kuba warakaye kubera aho wishyuye $ 1,400 kandi mugihe cheque yawe ishobora kuba igeze. Ahari harikintu gifatika hamwe, cyane cyane niba utekereza ko Ikigo cy'imisoro n'amahoro gifite konti yawe yo kubitsa isanzwe iri muri dosiye? Niba atari byo, ubwishyu bwawe bwa gatatu butera inkunga bugaragara muri posita nkigenzura ryimpapuro cyangwa ikarita ya EIP? Kandi uzabona ute ubwishyu niba wakiriye Ubwiteganyirize nka SSI na SSDI? (Impanuro: hariho inzira zirenze imwe.)  © Angela Lang / CNET umuntu atishyuye… Turashobora kugufasha guhiga kugenzura ibintu ukoresheje ibikoresho bya IRS no kumvikanisha ubutumwa bwayo rimwe na rimwe. Iyo ikora neza, portal ya IRS irashobora kwerekana niba cheque yawe yatunganijwe kandi iteganijwe gutangwa, hamwe nimpapuro zo kwishyura zizoherezwa. Igikoresho kirashobora kandi gufasha ibendera niba hari ikibazo ukeneye gukemura hamwe na IRS cyangwa banki yawe. Ariko, hari aho bigarukira, harimo inshuro igikoresho kivugurura amakuru, nibindi bintu byingenzi uzashaka kumenya, nkamafaranga ugomba gutegereza kwakira nigihe ushobora gutegereza ko cheque igera kumuryango wawe. Turasobanura ibintu byose bijyanye no gukurikirana cheque yawe. Mugihe uri hano, iki nikiganiro giheruka kubyerekeye igenzura rya kane rishoboka. Niba kandi ufite abana, reba ikibazo cyo kwishyura imisoro ku bana bacu. Iyi nkuru ikunze kuvugururwa. Icyo Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro Kubona Igikoresho cyanjye cyo Kwishura gishobora kukubwira Igikoresho cyo gukurikirana IRS, cyitwa Get My Payment, cyateguwe kugirango dusangire uko cheque yawe ya gatatu itera imbaraga, yemejwe mu rwe (at New York, New York) https://www.instagram.com/p/CM98ODGF0RR/?igshid=8scyq4vfej31
0 notes