visit #byose250k YouTube channel
visit #byose250k YouTube channel
we really urge you to visit a YouTube channel (byose 250k) and find whatever you need about news , like comment and subscribe.
Thank you.
View On WordPress
0 notes
Tidjala Kabendera yunamiye umubyeyi we Shinani Kabendera wari umunyamakuru ukomeye
Tidjala Kabendera yunamiye umubyeyi we Shinani Kabendera wari umunyamakuru ukomeye
Shinani Kabendera, ni umwe mu banyamakuru bamamaye cyane kuri radio Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ndetse nyuma aza no kwigaragaza cyane mu karere nk’umunyamakuru uhoraho wa BBC mu karere kazengurutswe n’ikiyaga cya Victoria kugeza mu 2000 ubwo yitabaga Imana. Kuri ubu uyu munyamakuru yujuje imyaka 18 atabarutse.
Umwana we w’umukobwa nawe wamenyekanye cyane mu…
View On WordPress
0 notes
https://akarihokaravugwa.wordpress.com/2018/11/22/ed-sheeran-yahagaritse-igitaramo-umusore-yambika-impeta-umukobwa-bakundanye-imyaka-ine-amafoto/
Muri iyi minsi mu gihugu cy’Uburundi umwe mu bahanzi bari kuvugwa cyane ni Meddy, umunyarwanda wamamaye cyane muri muzika y’u Rwanda. Uyu muhanzi afite igitaramo mu gihugu cy’Uburundi tariki 29 Ukuboza 2018 mbere yuko aza gutaramira i Kigali tariki 1 Mutarama 2019. uyu muhanzi mbere yo kujya i Burundi yabanje gukorana indirimbo na Sat B.
Ubwo byamaraga kumenyakana ko Meddy agiye gukora…
View On WordPress
0 notes
Ed Sheeran yahagaritse igitaramo, umusore yambika impeta umukobwa bakundanye imyaka ine-AMAFOTO
Ed Sheeran yahagaritse igitaramo, umusore yambika impeta umukobwa bakundanye imyaka ine-AMAFOTO
Umusore witwa Matthew Reed yatunguranye mu gitaramo gikomeye cy’umunyamuziki Ed Sheeran yambika impeta umukunzi we, Rebecca bakundanye imyaka ine amusaba ko batangirana urugendo rushya rw’ubuzima.
Mu gitaramo cyo ku wa mbere cyabereye mu mujyi wa London, Sheeran yaretse kuririmba iminota mike indirimbo ye ‘Perfect’ yakunzwe bikomeye yashyize hanze mu minsi mikuru y’umwaka ushize wa 2017 ubwo…
View On WordPress
0 notes
AY yabajijwe icyatumye arutisha umunyarwandakazi yarongoye abakobwa bo muri Tanzaniya
AY yabajijwe icyatumye arutisha umunyarwandakazi yarongoye abakobwa bo muri Tanzaniya
Nkuko tubikesha ikinyamakuru inyarwanda.com,umuraperi Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka AY uri mu bahanzi bubashywe muri Tanzaniya, yatangaje ko gukundana n’umunyarwandakazi Umunyana Rehema [Remy] ufite inkomoko mu Rwanda nta kosa yakoze mu mahitamo ye, yizera ko urukundo nta mupaka rugira.
Mu Ukuboza 2016 ni bwo AY wavutse kuya 5 Nyakanga 1981 yahishuye ko yasaye mu nyanja y’urukundo…
View On WordPress
0 notes
BYINSHI WAMENYA KURI ONOMO HOTEL IGIYE KWAKIRA IGITARAMO CY'ABIKWIJE ,RWANDA MODESTY FASHION SHOW 2018
BYINSHI WAMENYA KURI ONOMO HOTEL IGIYE KWAKIRA IGITARAMO CY’ABIKWIJE ,RWANDA MODESTY FASHION SHOW 2018
Iyi hotel yafunguwe kumugaragaro kuwa 8 ugushyingo aho yafunguwe n’umwe muri banyaminga bakanyujijeho ndetse kurwego rwohejuru Miss sonia Roland wabaye Miss FRANCE ahagana hagati ya 2000 na 2005.
ONOMO HOTEL
onomo hotel itatswe n’imigongo
Iyi Hotel izwi nkimwe muziri mumujyi wa kigali ziteza imbere umuco nyarwanda , ibi tunabisanga kumiterere yayo aho usanga itatswe n’ibyo mumuco twita…
View On WordPress
0 notes
kuwa 16/12/2018 agency yabanyamideri yitwa RWANDA MODESTY FISHON SHOW idufitiye Event nziza cyane nkuko itegerejwe nabenshyi mubikubiye akajijo kubwiza n’imyambarire bwabari muri casting yabaye kuwa 11/11/2018.
Aha benshyi baribitabiriye iki gikorwa cyo gutoranya abanyamideri bashoboye kuzaba berekana inyambarire y’umunyarwanda n’umunyarwandakazi wambara yikwije kuwa “11/11/2018, nyakabanda pub” bahavanye umugambi udakuka wo kuzitabira ibi birori nyirizina biza tariki 16/12/2018 , kwinjira bizaba ari 20000 vip ,10000 ibyicaro bisanzwe, 5000 kubanyeshuri , umuyobozi mukuru wiyi agency yaboneyeho no gutumira abanyarwanda bose ngo bazaze kwirebera ibyiza byiganjemo umuco wo kwiyubaha kandi biryoheye ijisho.
uwakabiri uhereye iburyo
Rwanda modesty fashion show ifite byinshi yagezeho kuva itangira kandi ikomeje kwerekana icyizere cyitoroshye, irebere byinshi mumafoto.
M
pub by : NSENGIMANA JEAN DE DIEU
RWANDA MODESTY FASHION SHOW yongeye gutegurira abanyarwanda Event benshi bategerezanyize amatsiko!!! kuwa 16/12/2018 agency yabanyamideri yitwa RWANDA MODESTY FISHON SHOW idufitiye Event nziza cyane nkuko itegerejwe nabenshyi mubikubiye akajijo kubwiza n'imyambarire bwabari muri casting yabaye kuwa 11/11/2018.
0 notes
Iyi niyindi nshuro abamurika imideri bo mwitsinda rya RMFS Mu Rwanda bongeye kutegurira abanyarwanda ibirori bikomeye byerekeranye n’ibyimideri ariko batezimbere umuco nya Rwanda wo kumbara wikwije iritsinda rifite ibigwi bitaribike kuko nitsinda rimenyerewe hano murwagasabo ikizere gihari cyo gushimisha abazajya muri show nicyinshi nkuko umwe mubayobozi baryo yivugiye.
tariki ya 11 ugushyingo uyumwaka Hari recruitment kubabyifitemo nkumwuga (casting) at nyakabanda pub, hakurikijwe imvugo yumwe mubahuza bikorwa ba RMFS, uwiyumvamo impano wese yazajya muri casting, arinako mwitegura na show.
????????????????????????????????
Rwanda Modesty Fashion Show casting call Iyi niyindi nshuro abamurika imideri bo mwitsinda rya RMFS Mu Rwanda bongeye kutegurira abanyarwanda ibirori bikomeye byerekeranye n'ibyimideri ariko batezimbere umuco nya Rwanda wo kumbara wikwije iritsinda rifite ibigwi bitaribike kuko nitsinda rimenyerewe hano murwagasabo ikizere gihari cyo gushimisha abazajya muri show nicyinshi nkuko umwe mubayobozi baryo yivugiye.
0 notes
https://wordpress.com/ads/akarihokaravugwa.wordpress.com/01/vote/http//:karisimbievents.com/index.php/best-fashion-promoter/
http//:karisimbievents.com/index.php/best-fashion-promoter/
votehttps://wordpress.com/ads/akarihokaravugwa.wordpress.com/01/vote/http//:karisimbievents.com/index.php/best-fashion-promoter/ vote for berwa modest fishion show to be a winner button^click here^
View On WordPress
0 notes
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, James Musoni, yashyizwe mu majwi n’umuturage umushinja ko yamuvogereye urugo mu gihe undi atari ahari, akamutwarira umugore, akanamutera inda yaje kuvukamo umwana w’umukobwa; byose bikaba byarasigiye uyu mugabo ubukene bukomeye n’ihungabana
Umuturage ushinja Minisitiri Musoni kumutwarira umugore ni Rtd. Captain Safari Patrick winjiye mu gisirikare cy’u Rwanda mu 1991…
View On WordPress
0 notes
Mu gihe iperereza ku kuba u Burusiya bwarivanze mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rikomeje gufata indi ntera, Ibiro bishinzwe iperereza, FBI biravugwaho kugerageza kugirana ibiganiro n’abakora umwuga w’uburaya bemeza ko bafite ibimenyetso simusiga bishinja AbarusiyaMu 2016 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Amerika, yaje kwegukanwa na Donald Trump ahigitse Hillary Clinton…
View On WordPress
0 notes
Ikigo cya Liquid Telecom gikomeye mu by’itumanaho cyahaye inkunga ya miliyoni icumi z’amafaranga y’u Rwanda umuryango wita ku bana bafite ubumuga bwo kutabona witwa Jordan Foundation.
Liquid Telecom ni ikigo cyigenga gitwara ubutumwa buri mu buryo bw’inyandiko, amajwi ndetse no kugeza umuyoboro wa ‘internet’ wagutse mu gice cya Afurika y’Amajyepfo, iyo hagati ndetse n’iy’Uburasirazuba. Yatangiye…
View On WordPress
0 notes
Guverinoma ya Uganda igiye gukora iperereza mu mavuriro bivugwa ko yasanganywe urukingo rw’indwara y’umwijima yo mu bwoko bwa Hepatite B rutari rwo.
Ku wa kabiri nibwo Ikigo gishinzwe ibirebana n’imiti muri Uganda, NDA cyatangaje ko inkingo zatanzwe mu mavuriro icyenda yigenga atarizo, ibintu byatumye abazihawe batangira gushya ubwoba.
NDA itangaza ko ifite amakuru ko hari umuntu wo mu mujyi wa…
View On WordPress
0 notes
Irushanwa ryo kuririmba rya American Idol ryagarutse, Katy Perry uri mu kanama gatanga amanota yatunguranye asomana umunwa ku wundi n’umusore wari mu bakandida b’uyu mwaka
Benjamin Glaze w’imyaka 19 yatunguwe bikomeye ubwo yari agiye kurushanwa aho gutangira acuranga ahubwo abanza gusomana na Katy Perry uri mu batanga amanota. Yabwiye The New York Times ko byamubabaje ndetse byamubujije umutuzo…
View On WordPress
0 notes
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arahabwa amahirwe yo gutsinda amatora yo kuri iki Cyumweru tariki 18 Werurwe uyu mwaka, gusa ni amatora benshi bemeza ko ari ukurangiza umuhango kuko uwo bari bahanganye bikomeye, Alexei Navalny, yakuyemo ake karenge ndetse n’abandi bakandida basigaye bakaba nta ngufu bafite.
Kongera gutorwa kwa Putin, hari benshi babibonamo ikibazo mu bijyanye na demokarasi…
View On WordPress
0 notes
(via https://www.youtube.com/watch?v=5Ug6tucgNlA)
3 notes
·
View notes
be my fan and be good by likin’ this don’t miss
(via https://www.youtube.com/watch?v=5Ug6tucgNlA)
3 notes
·
View notes